Abaturage bagaragaza iki kibazo ni abatuye mu Kagari ka Gacundezi Umudugudu wa Gacundezi ya II, aho bemeza ko bagerageje guhamara kuri Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe ingufu, REG ishami rya Nyagatare ...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yasabye abakuru b’ibihugu na ba za Guverinoma bateraniye mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, guhagarika guha intwaro impande zihanganye muri ...